IBIMENYETSO BISHOBORA GUTUMA UKEKA KO UWO MUVUGANA ARI KUGUKINGA UKURI
Ibimenyetso byakubwira ko kanaka akubeshya akenshi ntabwo byoroshye gutahurwa na buri wese. Kandi ikigoranye kurushaho, nta buryo buhari bwo kwemeza 100% ko kanaka akubeshya cyangwa akubwiza ukuri.
IKINYOMA NI KAMERE CYANGWA NI AMAHITAMO?
Kubeshya ni ibintu byacu kuva kera cyane, kugeza ubwo abantu batekereje gushyiraho imirongo ntarengwa kugira ngo bitagira ingaruka nyinshi. Mu rukiko, usabwa kugusha “ukuri, ukuri kwambaye ubusa”[2]. Ntabwo wemerewe kuguca ku ruhande. Na mbere y’uko utangira kuvuga, urahirira ko uri buvugishe ukuri.
UMUSHAHARA , UMURUNGA WAKUDANANGIRA MU BUKENE.
Ikintu cyose wakigeraho. Igikomeye ni ukwiyemeza. Iyo warangije kwiyemeza ngo iki kintu nakigeraho, noneho haba hasigaye umukoro umwe gusa: umukoro wo kwibaza ngo “Ese, ni gute nabigeraho?”
INDWARA YA ‘NARCOLEPSIE’
Ni indwara ifata umuntu ikamutera gusinzira birengeje ibisanzwe, ariko atari ugusinzira ibitotsi bya nijoro, ahubwo akaguma yisinziriraho ku manywa kandi atari uko yaraye ataryamye.
INDWARA YA STROKE : IBIMENYETSO
Stroke ni indwara yadukira ubwonko, ikaba iterwa n’uko amaraso ajya mu bwonko ahagaze kugenda cyangwa agize impamvu iyabuza kugenda nk’ibisanzwe.
INDWARA YA STROKE
Dr. Mucumbitsi akomeza avuga ko indi mpamvu itera stroke ari umuvuduko w’amaraso ushobora gutera guturika k’udutsi two mu bwonko.
KLEPTOMANIA : INDWARA YO KWIBA
Indwara ya kleptomaniani imwe muri za ndwara zo mu mutwe zishyirwa mu cyiciro “cy’indwara mpushabushake = maladies involontaires, involuntary diseases” kuko abazifite baba batarahisemo kuba batyo, kandi nta n’imbaraga ‘efforts’ baba barashyizemo ngo bibone bagenza batyo.
UKENEYE INSHUTI NZIZA
Burya ngo ‘icyo ubiba ni cyo uzasarura’ kandi ngo ‘akebo kajya iwa mugarura’. Mbere y’uko wifuza inshuti nziza, ukwiye kwihatira kuba umuntu urangwa n’imico n’imiterere ikwemerera kubera inshuti zawe ‘inshuti nzima’.
NI AMARANGAMUTIMA ASANZWE KUBA WATERWA UBURAKARI N'AMAKOSA Y'UMWANA WAWE?
Kubasha kugenzura amarangamutima y’uburakari mu buryo bukwiriye ni uburyo bwiza bwo kwerekera abana kandi bigatuma bumva barinzwe kandi bari mu biganza byizewe.
KUGONA: MBESE SI IKIBAZO GIKOMEYE CY’UBUZIMA?
Ikigo gikora ubushakashatsi ku byerekeye ubuzima bwo mu mutwe: Gusinzira n’ibitotsi[1]cyagaragaje ko amamiliyoni menshi y’abanyamerika ‘bagona’ mu gihe basinziriye, kandi ko n’ubwo kugona bimerera nabi nyir’ukugona ndetse n’undi wese uri hafi y’ugona; bavuga ko ku rugero runaka kiba atari ikibazo kiremereye! Ariko
IMPINDUKA ZOROHEJE USHOBORA GUFATA ZIKAGUFASHA GUSINZIRA NEZA.
Ibitotsi ni ingirakamaro cyane kuri buri rwungano rugize umubiri ndetse no ku mikorere y’umubiri muri rusange.
IGICE 2: UBUTUNZI BUSUMBA UBUNDI: KWIMENYA!
Ibibanza, reba iyi inyandiko. IGICE CYA 2 Abandi rero bakemeza ko yari imvugo mu ndamukanyo ariko ibakangurira kudamarara, kurengwa nyine no kugubwa neza mu maraha n’amahoro y’akarande; yabashoraga mu businzi n’ubusambanyi rusange. Noneho rero abigisha indagagaciro no gutekereza kurenga imbibi rusange za bose, izi zikaba imvugo muri