
ZIMWE MURI KIRAZIRA ZAHINDUWE URWENYA
Dore zimwe muri kirazira zibagiranye nk’uko byemezwa na bamwe mu basaza
Dore zimwe muri kirazira zibagiranye nk’uko byemezwa na bamwe mu basaza
Indwara zo mu mutwe zibasira abantu babarirwa muri za miriyoni amagana hirya no hino ku isi, kandi zigira ingaruka no kuri bene wabo n’incuti zabo. Umuntu 1 kuri 4 aba azarwara indwara yo mu mutwe.
Twifashishije imigani migenurano y’Ikinyarwanda twifuje gusobanurira umwana ko “umuryango ari impano idasanzwe, bityo akwiriye kwishimira umuryango arimo uko umeze kose, ahubwo akagira uruhare mu kuwugira mwiza ndetse no kuwuteza imbere”.
Uyu bawuca iyo babonye umwana cyangwa umuntu wese ushegera ak'undi, kugira ngo akagereke ku bye bitewe n'ubukundwakare.
Uyu mugani, bawuca iyo bumvise umuntu yikuye mu bususuruke akajya guhobagizwa n'akaga imihanda yose; nibwo bavuga, ngo: "Yagiye kwangara!"